Obadiya 1:15-21

Uyu munsi twize ku magambo akomeye ajyanye n’urubanza ariko ijambo rikuru twabonye nuko Uko umuntu yagenje ni ko azagenzerezwa, ibyo abiba ni byo azasarura. Hazaba ibihano bikomeye ka banze kugendera mu mugambi w’Imana ariko nubwo Imana izahana yihanukiriye ntizaca Isiraheli burundu. Kandi nyuma ya byose umugambi w’Imana wuzuye Ubwami bwose buzagaruka mu maboko y’Uwiteka