Ibyahishuwe 16:9-17

Satani, Antikristo na wa muhanuzi w’ibinyoma bazoshya amahanga guhagurukira Israeli. Iyo ntambara izaba ikomeye cyane ari yo yitwa Harumagedoni, izabera mu kibaya cyitwa Esideraoloni. Ariko Imana izatabara Israeli nk’uko yabisezeranyije.