Ibyahishuwe 11:3-12

Hariho abahamya babiri bazaza mu isi guhamya Imana mu bihe by’amakuba akomeye. Ntitubazi amazina ariko ibihamya byinshi bitwereka ko Eliya azaba umwe muri abo bahamya babiri. Uwa kabiri we biragoye kumumenya. Aba bahamya bazicwa ariko bazuke nyuma y’iminsi itatu n’igice maze basubire mu ijuru