Ibyahishuwe 10:8-11:2

Nubwo uyu munsi, abanyamahanga ari bo bategetse isi, Umwami Yesu yavuze ko igihe cyabo kizasozwa n’ibyago bikomeye bizaza mu isi. Ibyo ni byo Yohana yeretswe kandi nyuma y’ibyo byago hazakurikiraho ingoma y’amahoro ya Kristo aho isi izahinduka nziza ikibi cyose kigakurwaho.