Ibyahishuwe 2:8-12

Mu itorero ry’I Perugamo Yesu Kristo yabashimiye ko baharanira kandi bakarwanya uhakana ubumana bwa Kristo, ndetse anabashimira ko bamwe muri bo bemeye no gupfa ku bwo kwizera Kristo, ariko abagayira kuba barijanditse mu nyigisho za Balamu no mu myizerere y’Abanikolayiti.