Ibyahishuwe 2:4-7

Kristo yashimye itorero ry’I Simuruna rizwiho kuba ari itorero ry’abahowe kuvuga Kristo. Nubwo ryarimo abakene ariko Kristo yahamije ko ari abakire mu buryo bw’umwuka kuko nyuma y’amakuba barimo babikiwe ikamba ry’iteka ryose. Nyamara itorero ry’I Perugamo Kristo yararigaye kuko ryarimo iyobokamana ripfuye.