Hide
View
Porogaramu yo gukurura ibiri ku rubuga
Porogaramu y'ububiko y'ubuntu
Uko wabyakiriye
Tubwire icyo utekereza kuri iyi porogaramu
Nta gushima
Nemeye amabwiriza yose yo gukoresha urubuga (Gusoma cyane).
Mu gihe cya Malaki abatambyi ntibahaga agaciro umurimo bakoraga w’ubutambyi kuko batambaga ibizira ku gicaniro. Nubwo Lewi yari umwicanyi n’umunyaburakari, ubwoko bwamukomotseho bwitondeye Ijambo ry’Imana ndetse burinda isezerano ryayo. Nubwo bimeze gutyo, nyuma y’ubunyage abatambyi batangiye gutamba ibizira ku gicaniro. Ibyo nibyo byatumaga izina ry’Imana risuzugurika. Ibyo bivuze ko ntawakorera Imana adatinya ndetse atubaha. Umushumba w’itorero ni malayika, bivuze ko ari intumwa. Imana ni Data w’umuntu wese kuko ni Umuremyi.
Kwinjira muri imeyili
Sign up for the TWR360 Newsletter
Access updates, news, Biblical teaching and inspirational messages from powerful Christian voices.
Murakoze kwinjira ku rubuga aho mubasha kwakira amakuru agezweho ya TWR360