Zekariya 4:4-14

Zekariya ntabwo yari asobanukiwe ibyerekeranye n’iyerekwa ry’igitereko cy’amatabaza. Marayika yamuhishuriye ko iri yerekwa risobanura ihumure Imana izanye ku bwoko bwayo nyuma y’igihe kirekire abayuda barafashwe bunyago n’abanyamahanga.