Satani niwe soko y’icyaha. Niba warabyawe n’Imana ukaba uri umwana wayo, uzakora ibyo ishaka. Naho niba Satani ari so, ntakabuza uzamwigana ukora ibimunezeza. Yesu niwe ukuraho ibyaha kuko atweza byuzuye. Biragoye kunezeza Imana mu gihe utarakizwa. Umwana w’Imana ntakora icyaha. Imbuto wera zerakana niba uri umwana w’Imana cyangwa ukaba uri umwana wa Satani.
1 Yohana 3:8-12
Ongera aho ubika ibyagushimishije