Itangiriro 24:1-32
-
Itangiriro 24:1-32
Close
Itangiriro 22:1-23:20
Aburahamu yababajwe cyane n’urupfu rw’umugore we Sara. Sara yapfuye amaze imyaka 127 apfira ahitwa I Kirayataruba, Aburahamu amara igihe kinini amurira. I Makipela niho Aburahamu yaguze isambu kugira ngo ashyingure Sara. kandi aho ni naho habaye gakondo y
Itangiriro 22:1-18
Aburahamu yumviye Imana yemera gutamba umuhungu we rukumbi yabyaye ageze mu zabukuru. Imana yazirikanye Aburahamu ikomeza isezerano yagiranye nawe ryo kuzamugira Sekuruza w’amahanga atabarika yo mu isi.
Itangiriro 21
Mu gihe gikwiriye; Imana yasohoje icyo yari yaravuze kuri Aburahamu na Sara ibaha umwana w’umuhungu witwa Isaka. Sara yakomeje gusuzugura mukeba we, nuko Hagari na Ishimayeli bahungira mu butayu ari naho Ishimayeli yakuriye arakomera ahinduka umurashi.
Itangiriro 19:6-20:18
Igihe Imana yarimburaga Sodoma na Gomora yabwiye Loti n’umuryango we guhunga kandi ibabuza kutareba inyuma, ariko umugore wa Loti ntiyumviye kuko yarebye inyuma agahinduka inking y’umunyu. Muri iki gihe kandi Aburahamu yongeye guhunga, ajya I Gerari ariko
Itangiriro 18:9-19:5
Imana yohereje abamalayika bagenderera Aburahamu na Sara babamenyesha ko bazabyara umwana w’umuhungu. Aba bamalayika bakomereza no kwa Loti kumubwira ko vuba Imana igiye kurimbura Sodoma na Gomora kubera ibyaha by’ubusambanyi byari biri muri iyi midugudu
Itangiriro 17:8-18:8
Nubwo Ishimayeli atari umwana w’isezerano Imana yamuhaye umurage ko muri we nawe hazakomoka ishyanga rikomeye ariko isezerano ryari riri kuri Isaka. Imana kandi yagiranye na Aburhamu isezeranor yo gukebwa ku mugabo wese w’umuheburayo
Itangiriro 16:6-17:7
Igihe Hagari yari atwite inda ya Ishimayeli yasuzuguwe cyane na Sara kugeza igihe amuhungira mu butayu. Nubwo Ishimayeli yari hafi kuvuka, Imana yabwiye Aburamu ko atari we mwana w’isezerano, kandi ihindura izina rya Aburamu, Imana imwita Aburahamu bisoba
Itangiriro 15:6-16:5
Imana yakomeje gusezeranya Aburahamu ko izamuha urubyaro ariko bakazaba abasuhuke mu gihugu cy’amahanga. Sara amaze kubona ko isezerano ritinze asaba Aburahamu kuryamana na Hagari nuko asama inda.
Itangiriro 14:12-15:16
Aburahamu yanesheje abami b’I Burasirazuba maze abohora umuhungu wabo Loti wari wafashwe mpiri I Sodomu. Nyuma yaho tubona umutambyi Melikisedi asabira umugisha Aburahamu kandi Imana ikongera kumusezeranya ko azabyara umwana!
Itangiriro 12:13-14:11
Abashumba ba Aburahamu bagiranye ikibazo n’abashumba ba Loti kuko batabonaga ubwatsi bubakwiriye bw’imikumbi yabo, bituma Aburahamu atandukana na Loti, icyo gihe Loti atura I Sodomu, ariko agezeyo Sodumu iterwa n’abami b’I Burasirazuba, Loti ahafatirwa mp